Ubwo Keza yashyiraga hanze amafoto ye yiteye igitenge gusa gisa n’ikibonerana ndetse amatako ye agaragara,byaje gutuma abantu benshi bavugishwa amangambure, cyane cyane ariko ab’igitsina gabo aho bagiye bagaragaza amarangamutima adasanzwe batewe n’aya mafoto, ndetse bamwe ari nako batangarira imiterere ye.
Uyu mukobwa uheruka kwinjira mu ruhando rw’umuziki nyarwanda, aheruka kuza mu Rwanda ku itariki ya 1 Mutarama 2018 aho yari aje gusangira ubunane n’umuryango we.
Meek Rowland avuga ko yaje mu Rwanda ari nyuma y’imyaka 11 yari amaze atarahakandagira