Print

Anita Pendo atwite inda y’umwana wa kabiri

Yanditwe na: Martin Munezero 28 June 2018 Yasuwe: 9654

Ni mu kiganiro kirambuye Anita yagiranye n’Inyarwanda yemeye ko atwite umwana wa kabiri uhuje se n’imfura ye,abana yemera ko yabyaranye n’umuzamu Nizeyimana Alphonse Ndanda ,gusa akaba yirinze kugira byinshi atangaza usibye kuba yemeye gusa ko ari kwitegura kwagura umuryango we.

Ku mugoroba wo ku itariki ya 29 Kanama 2017, Anita Pendo nibwo yibarutse umwana w’imfura w’umuhungu k’umusore w’umukinnyi Ndanda Alphonse .

Umushyushyarugamba Anita Pendo ni umwe mu bakirisitu b’abagarukiramana binjiye mu idini rya Jesus Is Coming ari naryo yabatirijwemo tariki ya 25 Ukuboza 2015.


Comments

2 October 2018

sha!nanjye nubukene ndikuzira "nahubundi imyaka ndimo’niyo gukora umuryango2!Buriya Anita igihe yaherey aryoshya"iki nicyo gihe agiye kubabyara umufiririzo!!