Print

Abakozi 2 bashinzwe kwita ku barwayi bafashwe amashusho bari gusambanira mu cyumba cy’umukiriya wabo ubana n’ubumuga

Yanditwe na: Dusingizimana Remy 30 June 2018 Yasuwe: 2707

Ubwo uyu mugabo n’umugore binjiraga mu cyumba cy’umukiliya wabo bagasanga adahari, bashatse gutera akabariro niko kwiyaranja baryama hasi barabirangiza gusa ntibamenya ko uyu mugabo ubana n’ubumuga yabateze kamera, birangira abaregeye ba shebuja babirukana ku kazi.

Uyu mugabo w’imyaka 64 washyize aya mashusho hanze,yavuze ko mbere y’uko yigira inama yo kubafata amashusho, yavuze ko aba bombi bari barabigize akamenyero kuko mbere y’uko abafata amashusho yigeze kubumva basakuza muri iki cyumba cye ubwo yari kumwe n’umugore we,apanga kuzabatega camera akamenya ibyo baba barimo birangira abafashe bari gukora imibonano mpuzabitsina.

Uyu mugabo yavuze ko ubwo yafat aga aya mashusho y’uyu mugabo n’umugore bari gukorera imibonano mpuzabitsinamuri Mata uyu mwaka, yigaragambije muri iki kigo bakoramo bituma ba shebuja babirukana.

Uyu mugabo n’uyu mugore bakoreraga ikigo cyo muri Scotland cyitwa Avondale Care gifasha abarwayi,abana ndetse n’abasaza,kibaha n’amacumbi.