Print

Amafoto yaciye ibintu: Umugabo yahawe amafaranga azenguruka ku mazi yambaye ubusa

Yanditwe na: Muhire Jason 2 July 2018 Yasuwe: 4719

Umugabo wo muri Nigeria yahawe amafaranga azenguruka ku mazi yambaye ubusa polisi imutwara kumufunga nk’ umurwayi wo mu mutwe kubera ibikorwa bigayitse yagaragaye arimo gukora .

Mu gitaramo cya Seka Live , umunyabirori Shaddy Boo yabaye umwe mu byamamare nyarwanda byitabiriye iki gitaramo cy’ u rwenya.


Kuri Katedarali ya Rubaga iherereye mu mujyi wa kampala mu gihugu cya Uganda, habereye ubukwe bwagatangaza byahagurikije benshi bari baje kwihera ijisho kuri uyu wa kane, nyuma y’aho abageni 200 bagiye gusezerana bari mu modoka imwe yarukururana.


Uko ari 200 bagombaga gusezerana ku munsi umwe, bahisemo gukodesha imodoka nini zizwiho kwikorera amakontineri ngo ibe ariyo ibafasha kugera ku rusengero aho bari gusezeranira.

Mu gihugu cya Cambodia abaturage bakoze umwitero ufite uburebure bwa metero 1,149.8 niwo mwitero wa mbere muremure ku Isi ukaba wahise ushyirwa mu gitabo cy’ uduhigo ‘Guinness World Record’.


Umukobwa wo muri Kenya yagaragaje umwambaro wifashishwa n’abakobwa bubu mu rwego rwo kugirango bagire mu inda hato hagendanye n’igihe.



Reba amafoto atandukanye yaciye ibintu ku mbuga nkoranyambaga zikunzwe zirimo Facebook ndetse na Instagram