Print

Umunyamidelikazi Sachi yashyize hanze ifoto igaragaza imiterere y’igitsina cye [AMAFOTO]

Yanditwe na: Muhire Jason 3 July 2018 Yasuwe: 5069

Sanchi ubusanzwe uzwi ku mbuga nkoranyambaga nka sanchiworld ni umwe mu bakobwa bakunzwe mu gihugu cya Tanzania kubera ubwiza bwabo aho abamukurikirana ku mbuga nkoranyambaga batangazwa cyane n’amafoto akunze gushyira kuri konte ye harimo amwe agaragaza ibice bye by’ ibanga ndetse n’andi agaragaza imiterere y’umubiri we .

Kuri uyu wa Kabiri Taliki ya 3 Nyakanga yashyize hanze amafoto atatu harimo abiri agaragaza imiterere y’igitsina cye mu mwambaro umwegereye cyane.

Mu bitekerezo byashyizwe kuri iyi foto bamwe bifuje kuryamana n’uyu mukobwa mu gihe hari undi waje amushimagiza amubwira ko afite igitsina kinini.

Si ubwambere uyu mukobwa avuzweho imico mibi yo gushyira hanze ubwambure bwe kuko mu mwaka ushize nabwo yashyize hanze ifoto yavugishije benshi nyuma y’ igihe gito yahise ayikuraho bitewe nuko nawe yabonye irimo kumutesha agaciro.


Comments

Mazina 4 July 2018

Ibi byose byerekana ko turi mu minsi y’imperuka.Kwambara ubusa,byabaye umukino.Gusambana,bisigaye byitwa "gukundana".Nubwo abantu nyamwinshi banga kwemera imperuka,nta kabuza izaba kandi vuba,kuko ni imana yabivuze ahantu henshi muli Bible.Nkuko tubisoma muli Yeremiya 25:33,kuri uwo munsi imana izarimbura abantu bose banga kuyumvira,ahubwo bakibera mu byisi gusa.Iryo somo rivuga ko intumbi z’abantu zizaba zuzuye isi.
Ntitukarenganye imana kuko iduha amasomo menshi muli Bible adusaba guhinduka.Abenshi bahitamo kuyisuzugura.


3 July 2018

Mbega ikigore ningurube