Print

Amafoto yaciye ibintu :Umusore yarwanye na mugenzi we bapfa ko yashakaga kumuteretera umukunzi

Yanditwe na: Muhire Jason 6 July 2018 Yasuwe: 4100

Ku mbuga nkoranyambaga hakwirakwijwe amafoto agaragaza umusore ukomoka muri Afurika y’Epfo ndetse n’undi munyamahanga bafatanye mu mashati nyuma yuko umuzungu yariysihimiye uwo mukobwa bitewe n’ uburyo abyina umwe mu basore bari aho yashatse kuvugisha uwo mukobwa undi musore amubwirako bitemewe kuvugana n’umukunzi we undi ahita abikorera icyo niko gufatana bakizwa n’abandi bari aho.

Umusore ndetse n’umukobwa bafite ubugufi bukabije basakaje amafoto yabo umusore ateruyr undi ndetse biyama abantu bakomeje kwitambika mu rukundo rwabo bababwirako barushywa n’ubusa ko badashobora kubatandukanya.


Dore amwe mu mafoto atandukanye yavugishije abantu ku mbuga nkoranyambaga zitandukanye zirimo instagram .







Dore urutonde rw’abakinnyi bakukiye amenyo mu kibuga barimo gukina.




Miss Sharifa yasezeranye imbere y’amategeko na Thierry basanzwe bakundana.