Print

Amafoto yaciye ibintu :Umusore yakubiswe bikomeye nyuma yo kwigira umukobwa akajya gutega kumuhanda

Yanditwe na: Muhire Jason 7 July 2018 Yasuwe: 4753

Mu gihugu cya Malawi umusore yakubiswe bikomeye nyuma yo gufatwa amaze kurya amafaranga y’abagabo ababeshya ko ari umukobwa.

Muri Zimbabwe umugabo yakubise umukobwa we kugera amwishe amuziza ko yasambanye n’umuhungu bakundana atamuhaye uburenganzira.

Mu Kagari ka Mpare mu Murenge wa Tumba ho mu Karere ka Huye, bafashe umusore amaze kwica ihene bamutegeka kuyiheka ku bitugu bamuzengurutsa Umujyi wa Huye mbere yo kumushyikiriza Polisi.



Dore amwe mu mafoto atandukanye yaciye ibintu ku mbuga nkoranyambaga cyane kuri Instagram.








Angel Uwamahoro wigeze kuvugwa mu rukundo n’umunyarwenya Arthur Nkusi yambitswe impeta n’umusore witwa Christian bagiye kwibanira kuri ubu utuye muri Leta Zunze Ubumwe z’Amerika.