Uyu munyamideli w’imyaka 23 yakoze agashya ubwo yashyiraga hanze amafoto yambaye utwenda tw’imbere tw’umutuku benshi bavuga menshi ari nako ibitangazamakuru byose bimuhanga amaso, bimwandikaho karahava.
Iyi foto niyo y’uyu mukobwa iri guca ibintu
Ruby Mae amaze iminsi mu Burusiya aho yagiye gushyigikira uyu mukunzi we uri mu bari kwitwara neza mu ikipe y’igihugu y’Ubwongereza ndetse yatsinze igitego muri 2-0 batsinze Sweden muri ¼ cy’irangiza.
Nyuma y’iyi foto yaciye ibinyu,uyu mukobwa yifurije amahirwe ikipe y’igihugu y’Ubwongereza igomba guhangana na Croatia.