Print

Rwatubyaye n’umukunzi we bashyize hanze amashusho bari gusomana mu buryo budasanzwe[AMAFOTO]

Yanditwe na: Dusingizimana Remy 12 July 2018 Yasuwe: 4906

Muri aya mashusho ari guca ibintu Rwatubyaye n’uyu mukobwa bivugwa ko babana mu nzu basomanaga mu buryo budasanzwe ndetse ubona ko ibyishimo byabarenze.

Bivugwa ko Chelna amaze imyaka igera kuri ibiri akundana na Rwatubyaye ndetse bivugwa ko bashobora kuba basigaye banabana mu nzu imwe, gusa ku ruhande rwabo ntawurabyerura ngo abitangaze ku mugaragaro.

Umurerwa Chelna niwe washyize ku mbuga nkoranyambaga ze aya mashusho arimo gusomana bikomeye (Kuryana Iminwa) na Rwatubyaye.

Chelna yavuzwe cyane mu binyamakuru mu minsi ishize, ubwo yashyiraga hanze amafoto yambaye utwenda dukurura abagabo cyane.




Source:Touchrwanda.com


Comments

sifa 13 July 2018

hahhahhaa uyumukobwa wakoraga mukabari Muri stella Vip se Nawe yabaye umustar ariko imana igiramaboko koko agira amaso mabi kub


[email protected] 12 July 2018

Ndumiwe cyokora, aha niho abanyarwanda tugeze? Ubuse gushyira amafoto nkaya ku gasozi bivuga iki? Ngo ni ubusitari harya?Ndabigaye pe, kandi aba bombi nta garanti mpaye urugo rwabo.