Ibyo perezida Magufuli yabivuze ubwo yari mu muhango wo guha ikaze umuyobozi mukuru mushya w’ amagereza yo muri Tanzania.
Perezida Magufuli yavuze ko biteye isoni ku gihugu cya Tanzania kuba abagororwa n’ imfungwa barekurwa avuga ko bakabaye bihingira ibyo kubaye bihingira ibyo barya.
Perezida Magufuli avuga ko kuba abagororwa badakora akazi bituma haduka umuco wo gukundana bahuje ibitsina.
Yasabye kandi ko abagore n’ abagabo badakwiye gusura abagabo cyangwa abagore babo bafunze.
Abaharanira uburenganzira bwa muntu baranenga uwo mutegetsi kuko atihanganira abo batavuga rumwe, abakundana bahuje igitsina hamwe.