Print

Faith wakundanye na Davido yashyize hanze amafoto agaragaza imiterere y’ umubiri we

Yanditwe na: Muhire Jason 16 July 2018 Yasuwe: 3250

Faith ubusanzwe ni umukobwa ukomoka muri Afurika y’Epfo aho magingo aya ari kubarizwa muri Leta zunzu ubumwe z’Amerika mu bikorwa bitandukanye birimo kwamamaza imideli ndetse n’ ibindi .

Muri iki cyumweru nibwo uyu mukobwa yashyize hanze amafoto mashya yambaye umwambaro utavugwaho rumwe [ Bikini] ubusanzwe wambarwa n’igitsina gore mu gihe bagiye koga.

Muri aya mafoto yasakaje harimo agaragaza imiterere y’umubiri we ndetse n’ izindi zigaragaza tatuwage yishyize ku mubiri we .ndetse n’amafoto yambaye ikariso ndetse n’isutiye.

Aya mafoto akaba ari amwe yavugishije abantu ndetse bigacyekwa ko uyu mukobwa yayashyize hanze mu rwego rwo kugirango atere irari Davido bari basanzwe bakundana kugirango amugarukire bahuze urugwiro nkuko bari basanzwe babanye.

Twakwibutsa ko mu mpera z’uyu mwaka ko aribwo Davido ndetse na Nketsi aribwo byavuzwe ko batandukanye.
REBA AMAFOTO: