Print

Umukobwa yigaraguye ku ruhimbi nyuma yo kumwirukanamo amadayimoni [VIDEO]

Yanditwe na: Muhire Jason 20 July 2018 Yasuwe: 3427

Bamwe mu babonye aya mashusho batunguwe ubwo uyu mukobwa yikubitaga hasi akarambara imbere y’imbaga y’abantu bari baje kwifatanya n’umuvugabutumwa witwa Bishop Jean Bosco aho ibi bitangaza byabereye mu itorero ryitwa Zeraphat Holy Church Rwanda.

REBA AMASHUSHO: