Bamwe mu babonye aya mashusho batunguwe ubwo uyu mukobwa yikubitaga hasi akarambara imbere y’imbaga y’abantu bari baje kwifatanya n’umuvugabutumwa witwa Bishop Jean Bosco aho ibi bitangaza byabereye mu itorero ryitwa Zeraphat Holy Church Rwanda.
REBA AMASHUSHO: