Umuhanzi Senderi kuri ubu ufatwa nk’umunyadushya mu Rwanda nyuma yuko avuze ko ubukene bumurembeje ndetse agasaba abategura PGGSS 8 ko bamushyira mu irushanwa kuri ubu inkuru igezweho nuko yamaze guteza cyamunara inzu ye .
Mu kiganiro kuri Telefone abajijwe niba inzu ye yaratejwe cyamunara yasubije umunyamakuru amubaza niba ariwe wambere uteje ibye cyamunara aho yagaragazaga ko yayigurishije.
Yagize ati “ Ni njye muntu wa mbere uteje cyamunara .“
Reba amashusho: