Print

Agashya ! Angel yatunguye abamukurikira kuri Facebook abereka ingano y’igitsina cye [AMAFOTO]

Yanditwe na: Muhire Jason 24 July 2018 Yasuwe: 11503

Kuri uyu wa Mbere taliki ya 24 Nyakanga 2018 . Bamwe mu bakoresha urubuga rwa Facebook batunguwe no kubona amafoto y’umukobwa witwa Angel yambaye umwenda umwegereye ndetse afashe ku myanya y’igitsina cye arimo kwereka abamukurikira hafi kuri runo rubuga.

Bamwe mu bakoresha uru rubuga babonye aya mafoto batangajwe naya mafoto aho bamwe bamugereranyije n’umusazi ndetse ko atazi icyo akora.

Mu busesenguzi twabashije gukora kuri uyu mukobwa nuko twasanze ko kuri ubu ari kubarizwa mu gihugu cya Tanzania nubwo ntamamakuru ahagije twari twamumenyaho .

Amafoto agaragaza ibikorwa nka bino mu Rwanda nabwo byari byahasakara usibye bamwe mu bakobwa batakihabarizwa babikora mu nyungu zabo aho magingo aya ibikorwa nkibi byo gusakaza amashusho y’ urukozasoni bihanirwa n’amategeko y’u Rwanda.


Comments

kigali kigali 18 December 2020

Azaze ampe mweteke