Print

Umuhanzikazi w’indirimbo zihimbaza Imana yatangaje umubare w’abagabo bamumara ipfa

Yanditwe na: Muhire Jason 3 August 2018 Yasuwe: 3411

Umuhanzikazi Maheeda wo mu gihugu cya Nigeria, yatangaje ko aryamana n’umugabo we buri munsi ariko yaramuka amubuze agakoresha igitsina cy’ikigikorano kuko ngo atabasha kwihangana ndetse ko ubu ashobora gushimishwa n’abagabo 3 cyangwa 4 mu gihe cyo gutera akabariro kugirango yumve ko aguwe neza.

Uyu mugore ufite n’umugabo, ibi yabitangarije ikinyamakuru Vanguard ubwo yasobanuraga ku bijyanye n’imiterere ye y’umubiri, ashimangira ko adashobora kumara byibura n’umunsi umwe adakoze imibonano mpuzabitsina n’umugabo we, mu gihe adahari akaba ahitamo kwikinisha akoresheje igitsina gabo cy’igikorano .

Yagize ati” Bitewe n’uburyo nkunda gukora imibonano mpuzabitsina kuri ubu abagabo 3 cyangwa 4 nibo bashimisha cyane .“

Uyu mugore yatangaje ko ajya ashaka gukora imibonano mpuzabitsina kenshi ku munsi ariko akaba ataca inyuma umugabo we, gusa akaba agerageza kubyikorera akoresheje igitsina cy’igikorano mu gihe umugabo we atabasha kuboneka hafi gusa ashimangira ko abagabo 4 bashobora kumuha ibyishimo.