Print

Kubera ubunini bw’igitsina cye amaze imyaka 9 adatera akabariro n’umugore we [AMAFOTO]

Yanditwe na: Muhire Jason 3 August 2018 Yasuwe: 4715

Dan Maurer umugabo utuye muri Michign muri Leta zunzu ubumwe z’Amerika yatangaje ko kuri ubu aremerewe cyane ndetse ko asigaye yarihebye kubera uburwayi amaranye igihe kingana n’imyaka 9 ndetse bikaba byaramuviriyemo kuba mu inzu icyo gihe cyose ndetse kugera ubu akaba ntagitekerezo cyo gukira afite .

Avugako ubu burwayi bwe bwatangiye ahagana mu mwaka wa 2006 aho yabanjye kujya kuwibagisha kwa muganga gusa nyuma y’ umwaka umwe bikaba kumuviramo ingaruka aho igitsina cye cyatangiye kubyimba ndetse bimwe mu bice bye by’umubiri bitangiye kugira ikibazo

Mu bice by’umubiri byagize ikibazo harimo nko kuba uruhago rutunganya inyari rwarangiritse ndetse biba ngomba ko atazajya ajya kwihangarika ahubwo ari ukumushyira hasi n;ikintu cyabugenewe azajya yihagarikamo ndetse nyuma y’umwaka umwe n’igice yaratakibasha guhagarara kuko igitsina cye cyakabagaba hasi bityo kikamurusha kugitwara bigatuma yicara ahantu hamwe.

Dan avuga ko yakoze uburyo bwose bushoboke ngo yivuze gusa kuri ubu bikimukomeranye ndetse n’abaganga bamubwira byinshi bitandukanye aho magingo aya yumva ntacyo atakoze ahubwo ategereje imbaraga z’Imana gusa zikaba arizo zagira icyo zikora kuko we yananiwe.
REBA AMAFOTO: