Print

Umukobwa udafite amabere cyangwa ikibuno biteye neza ni ikiremwa kituzuye- Azanian Rose

Yanditwe na: Muhire Jason 4 August 2018 Yasuwe: 1978

Umunyamidelikazi Azanian Rose uzwi k mbuga nkoranyambaga nka Golden Mbali abinyjije ku mbuga nkoranyambaga zanenze abakobwa batagira ikibuno giteye neza ndetse n’amabere aho avugako kuri ubu batakigezweho kuko abagabo bubu bikundira abagore bafite ibyo bintu 2.

Abinyujie kuri Twitter ye yashyize hanze ubutumwa avuga ko umukobwa udafite ikibuno n’amabere biteye neza ko uwo atuzuye.

Bamwe bahise bamusubizana uburakari aho bamwe bamubwiraga ko ibyo nacyo bivuze icyambere ari ubwiza bw’umuntu . ibindi bikaza nyuma .

Azanian Rose ni umwe mu banyamidelikazi bakomeye muri Afurika y’Epfo aho kuri ubu ari umwe mu bakobwa bakundwa n’igitsina gabo kinshi kubera imiterere y’umubiri we benshi bita ko ishotorana .