Print

Spice Diana yahaye uruhushya abafana be rwo kumukora ku mabere [AMAFOTO]

Yanditwe na: Muhire Jason 6 August 2018 Yasuwe: 2168

Umuhanzikazi Spice Diana uri mu bakunzwe muri Uganda muri iki cyumweru ubwo yakoraga igitaramo mu kabyiniro kamwe ko muri Uganda yasabye abafana be umusore ushiritse ubwoba ko yaza kurubyiniro akamufata ku mabere maze umusore umwe niko kuza yiruka .

Ubwo uyu musore yageraga ku rubyiniro yakojejwe isoni nuyu mukobwa gusa mu rwego rwo kugirango agenda atarakaye yamubwiye ko yakoraho akanya gato ndetse agahita subira kwicara , uyu musore nawe yakozeho mukanya gato nkako guhumbya yahise amwiyaka amusaba ko yasubira mu bandi bagakomeza kwishimana .

Bamwe mu bari aho baganiriye na Ugbliz bavuze ko intandaro ya bino byose yatewe n’umusore babanje kubyinana ari nawe wamukuyemo ikote yari yambaye ryari rihishe amabere ye.

Si ubwambere uyu muhanzikazi avuzweho ibikorwa nkibi kuko no mu mwaka washize uyu mukowa yavuzweho kuba yararyamanye n’umuhanzi Gravity Omutuju nawe ukora umurimo wo kuririmba hariya muri Uganda .
REBA AMAFOTO: