Print

Umukobwa wa Ballack Obama yafotowe ari gusomana n’umukunzi we bari no kunywa itabi [AMAFOTO]

Yanditwe na: Dusingizimana Remy 7 August 2018 Yasuwe: 2678

Mu minsi ishize nibwo Malia yasuye uyu musore Bwongereza aho batembereye hirya no hino mu mujyi wa London aho bagaragaye mu masaha yo mu rukerera bavuye mu nzu ikinirwamo ikinamico uyu musore ari kunywa itabi.

Malia n’uyu musore bahuriye muri kaminuza ya Harvard batangira gukundana ndetse urukundo rwabo rujya hanze mu Ugushyingo umwaka ushize Aubwo basomaniraga imbere y’imbaga y’abafana bari baje kureba imikino ya za kaminuza.

Ku wa 27 Nyakanga 2018 nibwo Malian na Rory bagaragaye bari kunywera itabi mu nzira zo munsi y’ubutaka ndetse bakanyuzamo bagasomana mu buryo budasanzwe.

Bivugwa ko Ballack Obama yaraze uyu mukobwa we Malia kunywa itabi, cyane ko mbere y’uko atorerwa kuyobora Amerika yari yarabaswe n’itabi cyane none uyu mukobwa we yaramukurikije.

Malia yafash weamashusho ari kunywa ibiyobyabwenge biteze umwuka mubi mu bantu aho bibajije ku burere bw’umukobwa w’uwahoze ari umukuru w’igihugu.