Print

Hari gukorwa Filime nyarwanda igamije kurwanya icuruzwa ry’abantu n’ibiyobyabwenge ikoze mu buryo bwa action[AMAFOTO]

Yanditwe na: Ubwanditsi 1 8 August 2018 Yasuwe: 491


Izi ni zimwe muri Filime zavuye muri THE JASON FILMS Lmtd

Iyi Filimi ikaba izagaragaramo abakinnyi b’abanyarwanda bamaze kubigira umwuga,aho umuntu yavuga nka NKOTA Eugene,ILUNGA Longin,Didier KAMANZI,GAKWAYA Celestin,MUGABE Onesphore,ndetse n’izindi mpano nshya zizakinamo.

Jason Tuyishime ari nawe ufite mu nshingano ze iyi filimi,yagize ati "Iyi ni Filimi nashyizemo ingufu zose izaba ikoze mu bwoko bwa Action,kuko ni filime izaba igamije kurwanya icuruzwa ry’ibiyobyabwenge n’abantu".

Guhera kuwa mbere akaba aribwo iyi Filimi izabaga igamije kurwanya Icuruzwa ry’Ibiyobyabwenge n’Abantu bazatangira gufata amashusho y’ayo ya mbere.

Martin Promoter nk’umwe mu mpano nshya zizagaragara muri iyo Filime