Print

Umusore n’inkumi basambaniye imbere y’abana bakinaga Cricket umusaza arabakubita[AMAFOTO]

Yanditwe na: Dusingizimana Remy 8 August 2018 Yasuwe: 3354

Ubwo uyu musore n’inkumi bari batangiye gusambana,umwe mu babyeyi bari baherekeje aba bana yahamagaye polisi kugira ngo ize kubata muri yombi ntiyamwitaba niko gufata umwanzuro wasekeje benshi wo kubasanga mu kibuga aho basambaniraga abakubita inkoni nyinshi banga kubihagarika.

Umugore wari kuri iki kibuga niwe wafashe amashusho y’ubu busambanyi bwatunguye benshi ndetse yerekana uko uyu musaza yabakubise.

Icyatangaje benshi ni uko uyu musore yakuyemo ikabutura yari yambaye asambana buri wese ari kureba byatumye abari aho bifata ku munwa.

Nubwo abantu bahamagaye polisi inshuro nyinshi ngo ize gufunga aba basambanyi batagira isoni,ntiyabashije kuhagera byatumye umusaza wari hafi aho ajya gukubita uyu musore inshyi n’inkoni.