Print

Abantu bane bafotowe bari gusambanira mu gashyamba ko hafi y’ishuli ry’abana ku manywa y’ihanga [AMAFOTO]

Yanditwe na: Dusingizimana Remy 11 August 2018 Yasuwe: 5768

Benshi batunguwe no kubona aya mafoto aho umugore umwe yari yambaye ubusa ari hejuru y’umugabo bari gusambana ku manywa y’ihangu.

Aba bantu bakomoka mu mujyi wa Cardiff muri Wales bakwirakwiriye henshi ku mbuga nkoranyambaga kubera isoni nke zabo ndetse banenzwe kubera ibi bikorwa by’urukozasoni bakoreye ku karubanda hafi y’aho abana barimo bakinira.

Umuntu wabafotoye yavuze ko akibumva yagize ngo n’abantu basohokanye bari kwishimira urukundo rwabo arebye asanga barimo gusambana ndetse ari abantu 4,biramutungura kuko hafi aho hari abana barimo bakina.

Ubwo aya mashusho yageraga hanze,polisi ya Cardiff yashyize hanze itangazo ryo gushakisha aba bantu ndetse uzabona amakuru ahagije kuri bo akwiriye guhamagara 101 kugira ngo batabwe muri yombi.



Comments

buta 12 August 2018

Biraryoha erega


Sylvester 11 August 2018

Ndashakako muzansobanu rira izina vesitina na keremantina