Print

Umugabo n’umugore basambaniye imbere y’aba mukerarugendo bitungura benshi[AMAFOTO]

Yanditwe na: Dusingizimana Remy 16 August 2018 Yasuwe: 2264

Uyu mugabo n’umugore batunguranye ubwo bafatwaga amashusho bari gusambanira kuri uyu mucanga wari wuzuyeho abantu bari baje mu biruhuko cyane ko mu bihugu by’iburayi hari ubushyuhe budasanzwe.

Aba bombi bikinze inyuma y’ihema ryari ririmo ba mukerarugendo batangira gusambana gusa benshi mu bantu bari ku mucanga bababonye barumirwa.

Umwe mu bantu babonye uyu mugabo n’umugore ndetse akabafata amashusho yavuze ko aba bantu bari bameze nk’abasazi kuko kuri uyu munsi bagerageje gusambanira mu ruhame inshuro 2 aho basomaniye muri restaurant ndetse barakorakorana bituma basohorwa nabi.

Uyu mugabo n’umugore bahise basohoka hanze y’ihema rikoreramo iyi restaurant batangira gusambana byatumye nyirayo asohoka arabirukana barangay bakomeza gusambana.

Ubusambanyi bwo mu ruhame bukomeje gufata indi ntera kuko mu minsi ishize hari abandi bantu bafotowe bari gusambanira hafi y’ikigo cy’amashuli y’abana.