Print

Umunyeshuli yafashwe yamatanye n’umugabo ufite umugore n’abana barimo basambana[AMAFOTO]

Yanditwe na: Martin Munezero 22 August 2018 Yasuwe: 11494

Iyi nkuru ibabaje yabayeho muri iyi weekend dusoje muri Kaminuza nkuru ya Kenya (K.U).Umugabo wubatse wari ucumbitse hafi y’amacumbi y’abanyeshuri y’iri shuri ngo yaje kubyumvikanaho n’umwe mu bakobwa biga muri iri shuri amusanga mu icumbi rye nyuma yo kuryoherwa bavangirwa no kumatana umwe binanirana ko yakwitandukanya n’undi.

Icyakurikiyeho ni uko iki gikorwa cyari cyagizwe ubwiru byarangiye batabaje maze bahururirwa n’abanyeshuri babaha akamo bibangombwa ko hiyambazwa Police ngo bajyanwe kwa muganga.

Kugeza ubu ntiberemezwa ko batandukanye cyangwa byananiranye burundu.Igikorwa cyo kumatana hagati yabakoranaga imibonano bikunze kugaragara muri iki gihugu mu gihe umwe yaciye inyuma undi


Comments

Mazina 23 August 2018

Ubusambanyi niyo Business ya mbere ku isi.Nicyo cyaha gikorwa n’abantu benshi kurusha ibindi.Nubwo bikorwa na Millions and Millions z’abantu,kizatuma babura "ubuzima bw’iteka muli paradizo" (1 Abakorinto 6:9,10).Kwishimisha akanya gato hanyuma ukazabura ubuzima bw’iteka,ni ukugira ubwenge buke.Ni ukutemera ibyo imana yaturemye itubwira binyuze muli Bible.Imana yashyizeho Umunsi w’Imperuka,ubwo izahindura ibintu byose,isi ikaba paradizo,ituwe n’abantu bayumvira gusa.Byisomere muli Ibyakozwe 17:31;Zaburi 29:37 na 2 Petero 3:13.