Uyu mu Bishop ukomeye yafashwe amashusho afashe mu rubavu umuhanzikazi Ariana Grande ndetse ari gukanda amabere ye byatumye yikomwa na benshi.
Pasiteri Charles H. Ellis III wayoboye umuhango wo gushyingura umuhanzikazi Aretha Franklin,yahamagaye kuri aritari,arangije amufata mu maha,atangira kumukorakora.
Mu kiganiro Charles H. Ellis III yahaye AP yavuze ko atari agambiriye gukorakora Ariana Grande ndetse yamwisanzuyeho arakabya bityo asabye imbabazi ku mugaragaro.
Yagize ati “Ntabwo nari ngambiriye gukora ku mabere y’umukobwa uwo ari we wese.Birashoboka ko narengereye,mwisanzuraho mu buryo budakwiriye ariko ndasaba imbabazi Ariana n’abafana be ndetse n’abantu bose muri rusange.”
Uyu mupasiteri yakorakoye amabere ya Ariana Grande nyuma yahoo yari amuhamagaye kuri Aritari ngo aririrmbe indirimbo ya nyakwigendera yitwa ou Make Me Feel Like.
Ndabona handitse ngo "one lord,one faith,one baptism".Bisobanura ngo "umwami umwe,ukwemera kumwe n’umubatizo umwe".Tubisoma muli Abefeso 4:5.Ikibabaje nuko amadini atagira "Ukwemera" kumwe.Bivuga ko imana idashobora kuyemera yose.Niyo mpamvu tugomba kwiga Bible neza,kugirango tumenye idini imana yemera.Imana idusaba "gusohoka" mu madini y’ikinyoma.Ngo nitwanga,izaturimburana nayo ku munsi w’imperuka (Ibyahishuwe 18:4).
yewe ibintu biratangaje rwosr umukozi w’Imana akorakora umukobwa birasekeje kand birabaje pêeeeee
yewe ibintu biratangaje rwosr umukozi w’Imana akorakora umukobwa birasekeje kand birabaje pêeeeee