Print

Umukobwa w’ imyaka 66 arashaka kugurisha ubusugi bwe ngo abagwe

Yanditwe na: Nsanzimana Ernest 4 September 2018 Yasuwe: 2810

Kathy McAllister ushaka kugirisha ubusigi bwe avuga ko asabanza akajya kwa muganga bakamuha icyemezo cy’ akiri isugi.

Yongeyeho ati “Abakobwa bakiri bato bagurisha ubusugi bwabo banyuze kuri interineti, isugi y’ imyaka 60 ihenze kubarusha”

McAllister avuga ko atigeze aryamana n’ umugabo kuko atigeze yumva abishamadukiye.

Arashaka kugurisha ubusugi bwe ngo abagwe ahindurwe igitsina abe umuhungu. Ngo kuva mu bwana bwe yumvaga atishimiye kuba yaravutse ari umukobwa ndetse ngo yarebaga abagabo akumva yifuje imiterere yabo.

Kugeza ubu umukobwa umaze kugurisha ubusugi bwe ku giciro gihanitse ni umunyatayilandi wabugurishije amayero ibihumbi 200.