Print

Umugabo n’umugore bafashwe bari gukorera imibonano mpuzabitsina hafi ya restaurant ikomeye mu mujyi wa London[AMAFOTO]

Yanditwe na: Dusingizimana Remy 8 September 2018 Yasuwe: 1909

Nkuko byatangajwe n’umuntu wafashe aya mashusho akayakwirakwiza ku mbuga nkoranyambaga,uyu mugabo n’umugore bari mu kigero cy’imyaka 40 bananiwe kwihangana mu masaha ya nimugoroba bahita bajya gusambanira ku gikuta cyo kuri iyi restaurant.

Uyu mugabo n’umugore batangiye basomana cyane birangira basambanye gusa abashinzwe umutekano kuri iyi restaurant ntibigeze bababuza gukora iki gikorwa.
Uyu muntu wafashe aya mashusho yavuze ko aba bombi bakoze ubu busambanyi mu ijoro ryo ku wa Kane w’iki cyumweru,saa tanu z’ijoro.

Yagize ati “Bananiwe kwihangana,bashakaga gukora imibonano mpuzabitsina.bari mu kigero cy’imyaka 40, niyo mpamvu batari bakwiriye gukora igikorwa giteye isoni ku karubanda.Abashinzwe umutekano banze kubahagarika.”

Nyuma y’uko aya mashusho yamamaye hirya no hino,abayobozi b’iyi restaurant ikomeye mu mujyi wa London ya Bloomberg Arcade batangaje ko aribwo bwa mbere babona abantu bakorera imibonano mpuzabitsina kuri restaurant yabo gusa bitazongera kubaho.