Print

Umugabo n’umugore bafashwe amashusho bari guterera akabariro mu bwato [AMAFOTO]

Yanditwe na: Dusingizimana Remy 13 September 2018 Yasuwe: 1734

Ubwo umugore yari ari hejuru y’uyu mugabo bari gukora imibonano mpuzabitsina,aka kadege kabafashe amashusho none yakwirakwiye ku mbuga nkoranyambaga.

Aka kadege katangiye gufata aya mashusho kari kure gusa kaje kubegera kerekana neza iki gikorwa cy’urukozasoni barimo.

Aba bantu babiri bivugwa ko ari ba mukerarugendo bakodesheje ubwato bonyine bagenda babusambaniramo ubwo basuraga aka gace.

Uyu mugore n’umugabo ntibigeze bamenya ko bari gufatwa amashusho n’aka kadege aho bakomeje gukora iki gikorwa cy’urukozasoni bashishikaye.

Nubwo aya mashusho yakwirakwiye hirya no hino,abayobozi bo mu Burusiya ntibabashije kumenya uyu mugore n’uyu mugabo kugira ngo batabwe muri yombi.



Comments

Gatare 13 September 2018

Binyibukije nanjye abo nasanze babikora mu Kivu,i Nyange.Yari umunyarwandakazi n’umuzungu.Ubusambanyi niyo Business ya mbere ku isi kandi niyo ya mbere izabuza abantu ubuzima bw’iteka.Imana yaduhaye sex kugirango tuyihe umuntu umwe gusa tuzabana binyuze mu mategeko.Millions and millions z’abantu basambana,ntabwo bemera ko ari icyaha kizatuma batabona ubuzima bw’iteka muli paradizo dutegereje.Ntacyo bimaze kwishimisha akanya gato,hanyuma ukazabura ubuzima bw’iteka muli Paradizo kandi ntuzazuke ku Munsi w’Imperuka.Nukugira ibitekerezo bigufi cyane.