Print

Dore amafoto agaragaza uburanga bw’umukobwa wagaragaye mu mashusho y’indirimbo ‘Ma Vie’ ya Social Mula

Yanditwe na: Muhire Jason 20 September 2018 Yasuwe: 4843

Nyuma y’iminsi micye umuhanzi Social Mula ashyize hanze indirimbo ye nshya yise Ma Vie benshi bayivuzeho byinshi birimo kuba iyi ndirimbo yarayihinduye mu Kinyarwanda agendeye kuya Simi ,mu gihe abandi bashimye Fayzo wakoze iyi ndirimbo aho bavuze ko kuri ubu azanye impinduka zidasanzwe.

Abandi batunguwe n’ubwiza bw’umukobwa yashyize mu mashusho ye aho bamwe batangaje ko uyu mukobwa afite inseko nziza ndetse ko yatumye aya mashusho asa neza cyane kurushaho ,Kubwizo mpamvu UMURYANGO twabakusanyirije amafoto agaragaza ubwiza ndetse n’uburanga bw’uyu mukobwa wagaragaye muri ’Ma Vie’

REBA AMAFOTO: