Print

Hagaragajwe ibihugu 10 biza ku isonga mu kugira abagabo bashimisha abagore mu mibonano mpuzabitsina kurusha ibindi

Yanditwe na: Martin Munezero 23 September 2018 Yasuwe: 7831

Ubu bushakashatsi bwakorewe ku migabane yose y’isi, Victora Milan agaragaza ko mu miryango 9165 yakoreweho ubushakashi byagaragaye ko umugabane w’Uburayi ari wo uza imbere mu kugira abagabo bashimisha abagore babo mu gihe cy’imibonano mpuzabitsina, hagakurikiraho Amerika, Asia, Afurika ikaza ku mwanya wa nyuma.

Ubu bushakashatsi bugaragaza ko igihugu cya mbere mu Burayi ari Danmark, muri Afurika ari Nigeriya, muri Amerika ari Leta Zunze Ubumwe za Amerika.

Ibi nibyo bihugu 10 biza imbere mu kugira abagabo bashimisha abagore babo mu mibonano mpuzabitsina kurusha ibindi.

1- Denmark

2-USA

3- Finland

4- Canada

5- Norway

6- Ubwongereza

7- Ubudage

8- Czech Republic

9- Ireland

10- Austria

Ubu bushakashatsi bwagaragaje ko impamvu zatumye ibihugu bimwe na bimwe biza inyuma harimo ubunebwe bw’abashakanye, umwanya muto, akazi ka buri munsi, ndetse n’ihindagurika ry’ibihe.