Umukinnyikazi wa Filime muri Nigeria uzwi nka Monique ukunzwe kubera zimwe muri filime yakinnye yibasiwe ku mbuga nkoranyambaga nyuma yuko bimenyekanye ko yagiye mu gihugu cy’ubuhinde kwiyongeresha ikibuno kugirango agire igikundiro.
Nkuko ibitangazamakuru byo muri Kenya bibivuga byatangaje ko uyu mukobwa nyuma yuko avuye mu buhinde yahise ajya kwishimira igikorwa yakoze ndetse ahamya ko yishimye cyane.
REBA AMAFOTO: