Mu minsi yashize nibwo hatangajwe ko umuraperi Fireman ko yatwawe mu kigo ngororamuco kizwi nka Iwawa mu rwego rwo kugira ngo agororwe ndetse anigishwe ku bibi by’ibiyobyabwenge byari byaramwokamye.
Nyuma yuko hashize iminsi micye anjyanwe, ku mbuga nkoranyambaga hakwirakwijwe ifoto igaragaza uyu musore ari Iwawa yarogoshwe igipara ,aho arimo kugororerwa kugirango azagaruke yarabaye intangarugero ku rundi rubyiruko rwose rukoresha ibiyobyabwenge.
REBA IFOTO: