Uyu musirikare yinjiye mu gisirikare afite imyaka 19, yashyize hanze aya mafoto azasohoka muri kalendari ya gisirikare y’umwaka wa 2019,itegerejwe na benshi.
Mbere yo gusohoka kw’iyi kalendari,Shannon Ihrke yatangaje ko yinjiye mu gisirikare kugira ngo yemeze abanengaga ubushobozi bwe ndetse agaragaze ko n’abakobwa bashoboye.
Yagize ati “benshi mu basirikare bagiye batekereza ko ndashoboye ndetse ko ndafite imbaraga nkabo gusa nkora cyane kugira ngo mbereke ko ibyo bavuze bibeshye.Nafashe imbunda kugira ngo nerekane ko ntari umuntu usuzugurwa na buri wese.
Shannon Ihrke w’imyaka 29 uvuka muri Minnesota, ni umwe mu bayobozi mu gisirikare cya USA,wishimiye ko ari umusirikare ndetse wemeza ko byamuhaye icyizere n’imbaraga.
Numwapfa yapfa arashwe nuyu nta kibazo wakwipfira neza.