Print

Umugabo n’umugore bibasiwe na rubanda nyuma yo kugaragara bari gusambanira mu modoka ku manywa y’ihangu

Yanditwe na: Dusingizimana Remy 28 September 2018 Yasuwe: 3726

Ubwo aba bombi barimo gusambanira muri parking iri hafi y’ikigo cy’amashuli abanza ry’ahitwa Long Sutton,batunguwe no kubona abaturage bari hafi aho babakomangira ku modoka,babasaba guhagarika ubusambanyi bwabo.

Nkuko bamwe mu bababonye babivuze,uyu mugabo n’umugore bari bamaze iminsi basambanira muri iyi parking ndetse babigize akamenyero.

Ubwo ababyeyi bari bazanye abana ku ishuli,bumvise mu modoka yari hafi ruri kwambikana birabarakaza niko kubahagarika ku ngufu cyane ko ubusambanyi bwabo bwumviswe n’abana babo.

Benshi ku mbuga nkoranyambaga banenze imyitwarire y’aba bombi ku mbuga nkoranyambaga ndetse babasaba kutazongera gukora aya mahano.


Comments

Philbert 29 September 2018

muzajye mwandika inkuru itangira neza ikarangira neza nkubu uwa kubaza igihugu byabereyemo ko utagishyizeho