Print

Senderi yatangaje impamvu ituma adashaka umugore

Yanditwe na: Muhire Jason 2 October 2018 Yasuwe: 2070

Senderi International Hits ukunzwe kuvugwaho udushya twinshi ,kuri ubu akaba afatwa nk’umwe mu bahanzi nyarwanda bamaze kwandika izina kubera ibikorwa bye ,mu Kiganiro yagiranye na Radio Rwanda yakomoje ku kintu gituma adashaka umugore kandi amaze gukura bihagije avuga ko arwaye gusa arimo kwivuza.

Yagize ati “ Icyo kibazo ndakizi gusa mu minsi micye maze gukira nzahita mbikora barimo kumvuza[..…] Ndarwaye .”

Yasoje avuga ko uburwayi aribwo byamubujije gushaka umugore gusa ngo namara gukira azahita ashaka umugore ,

Gusa kugera magingo aya ntiharamenyekana uburwayi Senderi arwaye adakora ubukwe ngo ashake umugore ave mu buzima bw’ubusirabateri.

REBA AMASHUSHO ABIVUGA


Comments

agaciro peace 2 October 2018

Cyangwa intama yaramukandagiye? hhhhhh pole hit wacu!