uyu mu malayika yaje nk’ibisanzwe afite isura y’umugabo afite amaguru,umutwe akarusho kariho we nuko yaje afite amababa nk’ibigendajuru bisanzwe bishimangira neza ko ashobora kuba yaturutse muijuru kwa Rurema byose. ntabwo byoroheye abantu guhita batangira kumwegera dore ko babanje no kumutinya kuko akigera kuisi yaguye arambaraye ntiyanyeganyegaga na gato.
Mu myaka itatu ishize ikigo cya NASA cyari kimaze gutangaza ko hari undi mubumbe wakwita indi Si utuwe kandi ugaragaraho ibinyabuzima bitandukanye. Bimwe byashimangiwe na bimwe byagiye bigwa ku Isi n’ubwo habayeho amwe mu mayobera y’aho umugabo w’Isura ya Malayika yaturutse.
Andi makuru usanga aba ashidikanya ko uyu muntu usa ana Malayika yaba yarakozwe n’abahanga batandukanye bakamuteraka ahantu mu ibanga ariko nabyo ntibyemezwa kuko ntawarema.
Ku rundi ruhande bahamya ko uyu wagaragaye nka Malayika ari umuntu neza neza kandi Usibye Imana niyo ifite ububasha bwo kurema ikinyabuzima.
Imana Itufashe Kuko Twe Ntaky Tushoboye
Imana Itufashe Kuko Twe Ntaky Tushoboye
Imana Itufashe Kuko Twe Ntaky Tushoboye
Imana Itufashe Naho Twe Ntakyo Tushoboye
Imana Itufashe Naho Twe Ntakyo Tushoboye
Yewe imperuka igiye kuba abihana bihane bikirikare uyu ni nteguza kuko ntacyo tuzireguza,mudukurikiranire ubu uko bihagaze Niba yasubiye mwijuru
Ntimukatubshye ibi byabayeho nko mu myaka 3 cg 4 ishize kandi basanze ari igipupe umuntu yari yakoze kikayoba
ejobundi aho uk ntihagaragaye mubicu ngishusho isaniya yesu abanyabyaha mwihane tugikubita ibintu byakomeye