Print

Pasiteri yahatiye abakirisitu be kunywa amasohoro ye ababwira ko ari amata y’umwuka wera

Yanditwe na: Martin Munezero 4 October 2018 Yasuwe: 6486

Uyu mugabo ukomoka muri Brasil yabwiye abakirisitu abereye umushumba ko intanga cyangwa amasohoro ava mu gitsina cye ngo imana iba yayahaye umugisha kandi ko bagomba kuyamira nk’uko ikinyamakuru Africa info kibivuga.

Uyu wiyita Pasteur Valdeci Sobrino afite imyaka 59 y’amavuko, yafashwe n’igipolisi cyo muri icyo gihugu ngo arembeje abakobwa aho bashiraga igitsina cye mu minwa yabo kugeza amasohoro aje.

kimara gufatwa na polisi nta bwoba bwigeze bumuranga kuko yakomeje guhamiriza avuga ko uwo murimo wo gutanga amata biciye mu masohoro azabikomereza aho azafungirwa.

Nubwo abantu benshi bavuga ko akoresha amarozi kugirango abantu batabitekerezaho no kuyoboka andi madini, nyir’ubwite avuga ko atanga buri gihe ubutumwa ahabwa na Yesu.


Comments

5 October 2018

intama nubundi ntizitekereza , iyo wamaze kwemera k uri intama ubwo tegereza aho bazakujyana ntuzabaze