Mu gihugu cya Nigeria abagore babiri barwaniye mu rusengero bapfa ko umwe muribo ari inyuma y’ibibazo byugarije mugenzi , ibi bikaba byahanuriwe abagore 2 umwe witwa Pamela ndetse na Japa bari bansanzwe ari inshuti z’akadosohoka aho pasitero yabwiye umwe ko mugenzi we amwanga urunuko kuko agerageza kwiteza imbere undi nawe agakora igishoboka kugirango asubire inyuma.
Umunyamidelikazi uzwi nka nk’umwe mu bakobwa bazwiho kugira amabere manini muri Romani yashyize hanze amafoto ye yambaye umwenda ugaragaza amabere ye uko angina.
Umuhanzi ndetse akaba n’umunyamuziki Major Lazer yakoze igitaramo cy’amateka.
Dore amwe mu mafoto yaciye ibintu ku mbuga nkoranyambaga zitandukanye zirimo facebook na instagram.