Print

Amafoto yaciye ibintu: Umunyarwandakazi ku isabukuru ye y’amavuko yashyize hanze ifoto ye yambaye utwenda tw’ imbere

Yanditwe na: Muhire Jason 11 October 2018 Yasuwe: 7609

Umunyamideli uzwi nka Mimi Mirage ni umunyarwandakazi kuri ubu watangiye gukorera ibikorwa bye hano mu Rwanda mu minsi ishize nibwo yari yagize isabukuru y’amavuko gusa kuri uyu wa kane bamwe batunguwe no kubona uyu mukobwa yashyize hanze ifoto igaragaza yambaye ikariso n’isutiye avuga ko isabukuru ye yagenze neza.




Umugore witwa Ferrell Johnston ukomoka muri USA, waherukaga kugabanyisha amabere ye kubera ko yari Manini cyane,yahuye n’uruva gusenya ubwo yameraga ibere rya gatatu munsi y’ukuboko kwe.

Mu gace kitwa Ubugoyi (Rubavu) abahatuye bavuga ko bamaze igihe barya inyama ry’itungo ririnda urugo, kandi ngo nyuma yo kuzirya bemeza ko inyama zaryo zifite ibanga. Dr Bitwayiki inzobere mu biribwa avuga ko abantu badakwiye kwigana abandi barya ibi n’ibi bitewe n’umuco wabo.

Uyu mugabo witwa Turinimana Innocent avuga ko imbwa I Bugoyi bazirya na we akaba yarayiriyeho. Ati “Si ukubeshya ino imbwa turazirya, nanjye ukubwira narayiriye kandi kuva natangira kuyirya nasanze ari yo nyama ya mbere mu zindi, igira ubwumba (uburyohe) busumba izindi nyama.”

Abagore babiri bisize ibirungo byo mu byo kurya(Strawberry Jam) umubiri wose,bagaragaye mu mujyi wa Manchester bambaye ubusa buri buri barangije bicara ku ntebe muri uyu mujyi rwagati.

Reba amafoto atandukannye yaciye ibintu ku mbuga nkoranyambaga zitandukanye zishyirwaho amafoto zirimo Facebook na Instgaram.