Umuhesha w’inkiko w’umwuga aramenyesha abantu bose babyifuza ko kuwa kane taliki 25/10/2018 saa yine z’amanywa azagurisha mu cyamunara umutungo utimukanwa ugizwe n’ubutaka buteyeho ishyamba ry’inturusu bufite ubuso bungana na 1,638 Sqm buri mu mazina ya Mugume Stephen na Tayebwa Prisca buherereye mu Umujyi wa Kigali, Akarere ka Gasabo, Umurenge wa Ndera, Akagali ka Kibenga, Umudugudu wa Runyonza.
Ku bindi bisobanuro reba itangazo hano