Print

Reba ubwiza n’uburanga bw’umukobwa uri mu rukundo na Kimenyi umunyezamu wa APR FC

Yanditwe na: Muhire Jason 20 October 2018 Yasuwe: 4897

Mu cyumweru gishize nibwo mu Rwanda habaye umuhango wo guhemba abakinnyi mu kiswe 2018 AZAM Rwanda Premier League Awards .

Mu kiganiro n’abanyamakuru Kimenyi yavuze ko ari mu rukundo na Diane ndetse ndetse bifuza kurushingana mu myaka ibiri iri imbere gusa yirinda gutangaza igihe bizabera.

Kuri uyu munsi twagerageze kubakusanyiriza amwe mu mafoto atandukanye agaragaza uburanga n’ubwiza bwa Diane uri mu rukundo na Kimenyi.
REBA AMAFOTO YA DIANE: