Print

Umukobwa waryamanye na Diamond yanenze byeruye uburyo atera akabariro

Yanditwe na: Muhire Jason 21 October 2018 Yasuwe: 6513

Umukobwa witwa Irene Charles waryamanye n’umuhanzi Diamond Platnumz yavuze ko uyu mugabo n’ubwo ngo yirirwa yirukanka mu bagore ubuhanga bwo gutera akabariro ari hafi ya ntabwo.

Uyu mukobwa uzwi ku izina rya Lynn yahisemo kubitangaza nyuma yaho Diamond ashyize hanze videwo ari kumwe n’umukobwa mu buriri bigaragagara ko bari barimo kugirana ibihe byiza amukorakora.

Abakurikirana Diamond kuri instagram bakomeje kwibaza byinshi kuri uyu mukobwa bavuga ko atari Zari kandi ko atari Mobetto.

Nyuma yo kubona ibyavugwaga,uyu mukobwa Lynn abinyujije ku rukuta rwe rwa instagram yahise anenga Diamond Platnumz ahishura ko ari ikigwari mu buriri.

Uyu mukobwa usanzwe amenyerewe mu mashusho y’indirimbo zo muri Tanzaniya.
Yagize ati” Umugabo uhita asinzira nyuma y’inshuro (agaturu) imwe”.

Ibitangazamakuru byo muri Tanzania bivuga ko yigeze gukundana na Diamond Platnumz kandi ko yigeze kuba umuntu we wa hafi cyane. Uyu mukobwa agaragara mu mashusho y’indirimbo y’umuhanzi Lavalava yitwa ‘Nitake Nini’ n’iy’umuhanzi Rayvanny yitwa ‘Kwetu.’


Comments

[email protected] 21 October 2018

buriya akagakobwa nindaya imboro kazi uzitondetse ikirometero cyagera niyompamvu kavuze bino