Dore imitoma irenze 12 ubwira umukunzi wawe agahita agurumana umuriro w’urukundo:
1. Ndi kumwe nawe sinzigera nicuza mu buzima bwanjye, igihe kirekire ntikizigera kimbera nk’imyaka igihumbi.
2. Nsagwa n’ibyishimo byo kuba ndi kumwe nawe igihe cyose, kuvugana nawe, ndetse no kumva uri hafi yanjye bituma numva nezerewe mu umutima wanjye.
3. Ni wowe si yanjye narintegereje, imbaraga zinsunika zinjyana aho uri kuko kuba aho uri ntako bisa.
4. Nishimira cyane kugusoma kurusha uko nasoma undi muntu uwariwe wese kuko iminwa yawe impumurira neza nkumva nayigumana.
5. Iyo utari kumwe nanjye mbura ingingo zimwe na zimwe z’umubiri wanjye, nkumva nsigaye njyenyine ku isi.
6. Iyo uri kumwe nanjye mu mwanya mwiza nk’uyu w’umunezero, kugutekereza byonyine binzanira ibyishimo bidasanzwe, ese waba ubizi?
7. Mu gihe wumva uri wenyine, ujye ureba hagati y’intoki zawe wibuke ko ariho intoki zanjye zikwirwa neza honyine kurusha uko nazifatisha hagati y’intoki z’undi muntu.
8. Iyo nkubonye ntekereza ijuru mu gihe gito ubundi nkumva niho nibereye bigatuma ndushaho kuba hafi y’Imana kuko ariyo yakungeneye.
9. Ubuzima bwanjye nabuboneye muri wowe, kuko iyo utabaho nta buzima bwiza mba mfite kuko kubaho nkubona iruhande rwanjye binyongerera iminsi yo kurama ku isi.
10. Bavuga ko umuntu agwa mu rukundo rimwe gusa ariko njye iyo nkubonye iruhanjye utuje undebana akanyamuneza n’ubwuzu bituma nongera kugwa mu rukundo inshuro zitabarika.
11. Rimwe na rimwe mba numva umutima wanjye ugiye guritswa n’ibyishimo bivanze n’umunezero iyo nkutekereje kuko akenshi bituma mbura amahoro mu mutima wanjye.
12. Sinigeze mbasha kumenya neza ko nzagira ubuzima bw’umunezero mbukesha wowe igihe nakubonaga mu maso yanjye bwa mbere nkumva ibyishimo bitashye umutima wanjye.
Birashimishije gusako twakongera uwa 13iyonkubonye urebaneza wishimye unyishimiye bitununva nunva konduwagaciro akabarinayomanvu nanj nzaguhagaciro iteka
nshimishwa n’amagambo akomeye mbwigwa
Murakoze kyane
Mudushakirenindimitoma kyanepee imiss you
NDISHIMYECANE.NDIKUNVANEZERERE.NANGESHU.WANGE.NZAMUKUNDAMPAKA.IBIRENGEBIHENGAMYE
Kabisa iyo niyoyo
Ndayamanitse kbx
Ntamukunzingira nabibwira
Urukundo rupangwa gt ?
Kuk ushobora gutandukana nuwo muba mukundanye ?
Uwakwanga nimana niya mukunda ur,icyuzuzo kinyuzuza
Uwakwanga nimana niya mukunda ur,icyuzuzo kinyuzuza
Imitoma usaba urukundo
Nikuki ukundana numuntu nyuma yukwezi mugatandukana
Ndabashimiye cane naramubwiy mike muriyo mwatwoherereje nubu turikumwe munzu kl
UMUTOMA wa 7 urashimishij kuk watumye chr agwamonez
Enjoy yourselves
ese urukundo ruri ubwoko bungahe.
Mubamwateguye pee!
Nshakaimitomaisaba urukundo
Ivyo wabimubwira umufashe ute?
Iyo mitoma ntaco ibaye ariko
Nipfuz ko mwokomez mudushirirako nibind bifasha beshi
Murabagaciro pe inyigisho zanyu ziratwubaka mukomeze nizindi
murakoz cne.mumpe imitoma yo gusaba kuryamana numukobwa
ndashimye kweli mengo mubishatse mwotwongera n’utundi
JEWE IGITEKEREZO CANKE NUKO NSHAKA KUMENYA AMAJAMBO YO KUBWIRA UMUKUNZI KUGIRA AMUNEZEREZE
kwr murakoz ahubw nwoturonderer utundi kwr nkatw abasor turesh birakenew kwr by vichou love
Nayah majambo wavuga iy urikumwe numukunz wabuz ic uvuga
Ok ntanoma harumwe mwimwibagiw
Imitoma ituma uswera umukobwa
INDI MITOMA
Nimyiz san
imyifato abakobwa bakunda kumuhungu
Ewn nineza kbx
BASHIMI YE IBIGNIRO MUTUGEZAHO MURAKOZE
Hh flsh kbx
urukndo nicyi
Nivyiza caneeee nka 4 :6:7:10
NJEWENEMEYEPE.
Imitoma irabikora
Imitoma nisawa kbx
Mbega imitoma irenzewee...
Yose narinyizi peee!!!!mbahe indi?
murakoze kubwamagambo meza mutugezaho aradufasha cyane.
Imitoma nimyiza cyane
harinuwundiuvugangoiyombuzeijwiryaweumutimawangeurameneka
kumenya urukundo
Yh ni byiz kuk bifash umuntu gushimisha umukunz we
Ese ni bihe bimenyenso umukobwa akora iyo ashaka ko mukora sex
dukeney iyambere muyambere
NI BYIZA CYANE