Print

Umugore yatewe ubwoba n’umwana we wameze amenyo nk’aya ma Vampire [AMAFOTO]

Yanditwe na: Dusingizimana Remy 24 October 2018 Yasuwe: 3392

Uyu mugore yavuze ko uyu mwana we yameze aya menyo mu gihe cy ‘icyumweru kimwe gusa bimutera ubwoba niko kumujyana ku muvuzi w’amenyo,wamubwiye ko umwana we afite ubuzima bwiza.

Uyu muganga yavuze ko amenyo y’uyu mwana azamera nk’ay’abantu basanzwe natangira kurya ibiryo bikomeye.

Hayley Muicroft yavuze ko uyu muhungu we Oakley yamuteye ubwoba ndetse aterwa ubwoba n’ukuntu abantu bazamufata aho yatinyaga ko bashobora kumufata nk’I Vampire.

Yagize ati “Tumuhamagara vampire nto yacu.Nzi neza ko abantu bazamwita I vampire niyo mpamvu natangiye kubimumenyereza mu buryo bwiza.Sinifuza ko byazamubangamira.”


Oakley wameze amenyo 2 nk’ayi Vampire