Print

Amafoto yaciye ibintu: Bamwe mu bakobwa bakoresha imbuga nkoranyambaga biharaje kwifotoza bagaragaza ibibero byabo [AMAFOTO]

Yanditwe na: Muhire Jason 5 November 2018 Yasuwe: 5490

Muri Nigeria haravugwa inkuru y’umusore witwa imyaka 32 y’amavuko wafashe nyina ku ngufu nyuma yuko mu buzima busanzwe uyu musore ajya agira ikibazo cy’uburwayi bwo mu mutwe amaranye igihe aho ubu burwayi bubyutsa n’ibiyobyabwenge.

Nkuko tubikesha ikinyamakuru kitwa sde.co.ke cyavuze ko uyu musore yafashe nyina ku ngufu w’imyaka 63 y’amavuko aho yamusanze aryamye nyuma agahita ajya no gufata undi mugore w’umuturanyi nawe ukuze kuruta nyina kubera ibisazi.

Amashusho agaragaza umuhanzi Meddy ari kumwe na Meddy bari mu nzu itunganya umuziki barimo gusabana yahishiye benshi amatsiko ko uyu iyi mishyikirano igiye kuvamo indirimbo idasanzwe.




Reba andi mafoto atandukanye yavugishije abantu ku mbuga nkoranyambaga.