Print

Uyu mukobwa w’umunyarwandakazi ukora muri Hoteli arifuza umusore urwaye Sida bakundana

Yanditwe na: Martin Munezero 10 July 2018 Yasuwe: 16333

YAGIZE ATI:

"Nitwa.....Ndi umukobwa w’imyaka 25 mbana na Hiv ndifuza umusore uri serious twabana tukubaka umuryango agomba kuba nawe abana na VIH kuko nakunzwe na benshi tudahuje bikangora kubahakanira. Nkora ibirebana n’amahoteri kuko nibyo Nize. Uwanshaka yahamagara kuri....."

Niba wujuje ibisabwa watwandikira kuri iyi e-mail ’[email protected]’ tukabahuza. Uramutse kandi nawe ushaka ko twakubera umuranga watwandikira kuko amazina na e-mail yawe tubigira ibanga.


Comments

17 July 2020

Nitwa nicholas nkaba mfite imyaka 31 ndashaka umukunzi,ndifuza umukobwa uteye gutya:

1.kuba afite imyaka iri hagati ya 25 kugera kuri 32 kandi afite ubwiza nawe yiyumvamo,atarabyaye.

2.kuba abana na HIV aids kuko nanjye mbana mayo kuko si buri mukobwa wagukunda utayifite kdi abaye ahari mwitondere.

3.kuba nibura afite icyo akora kuko nanjye ndakora nubwo nkora akazi gaciritse gusa kabasha kumpa ibyo nkeneye bya ngombwa mu buzima.

4.kuba yarize nibura S6 kuzamura byaba ari byiza.

Niba wumva ubyujuje kdi ukaba wumva twamenyana ubwire kuri email:[email protected] cg umpamagare/SMS cg WhatsApp kuri 0788818298 tumenyane nta wamenya wabona ari wowe naremewe nawe ukandemerwa murakoze....


Yvonne 17 July 2019

Iyi photo mwashyizeho ni iye se?
Ko ari iye twamurangira n’abatabana na VIH!


16 July 2019

Muraho nanjye nkeneye umudamu w’umu divorse cg udafite umugabo twakundana nimero ni 0784676608 murakoze


16 July 2019

Muraho neza nanjye nkeneye umudamu w’umu divorse cg undo mudamu udafite umugabo twakundana


TYSON 29 November 2018

BMZ ARE U READY OR NOT 0785071844


19 November 2018

uwo mukobga ndamushaka gusa sibyiza ko natangaza amzina yange ndi umu Islam mfite imyaka 22 nakoraga AKAZI ko murugo gusa ndateganya kukavamo Cuba nkajya kwikorera mfite gahunda yo kubaka yumva duhuje yampamagara kuri izo numbers 0780616645/0725923113


Patty 15 November 2018

Ntamuntu urwara Sida iyo urwaye ntanakimwe wakora ubu ugiye gupfa UHUBWO ABANA NA VIRUS ITERA SIDA NTIBAVUGA BAVUGA : UMUNTU UFITE VIRUS ITERA SIDA NTIBAVUGA UMUNTU URWAYE SIDA


fabien 13 November 2018

Ndi umuhungu imyaka25 ndifuza umukunzi w’umufille mere, ufite akazi kd atarwaye indwara zandurira mumibonano mpuzabitsina. Kd atuye muri Kigali uko yaba ameze kose!!! Thanks
0787987438
0728113380whatsaap


fabien 13 November 2018

Ndi umuhungu imyaka25 ndifuza umukunzi w’umufille mere, ufite akazi kd atarwaye indwara zandurira mumibonano mpuzabitsina. Kd atuye muri Kigali uko yaba ameze kose!!! Thanks
0787987438
0728113380whatsaap


kayiranga pascal 12 November 2018

mwiriwe neza njyewe muzampuze nawe kuko duhuje ikibazo


Christus 12 November 2018

I’m Interested with you


Christus 12 November 2018

I Interested with you


higiro 12 November 2018

Arifuza umukunzi cyangwa arifuza uwo basambana? Urukundo imana idusaba,ntabwo ari bene ubu.Umukobwa ukundanye n’umuhungu,ntabwo basambana,ahubwo batera igikumwe bakabana ubuzima bwabo bwose.Nibo bonyine imana yemerera kwishimana.Soma Imigani 5:15-20.Kuba abantu bakomeje kwamamaza ubusambanyi,nta handi bitujyana uretse ku Munsi w’Imperuka Imana ivuga ahantu henshi muli Bible.Imana yaduhaye sex kugirango tuyihe umuntu umwe gusa tuzabana binyuze mu mategeko.Millions and millions z’abantu basambana,ntabwo bemera ko ari icyaha kizatuma batabona ubuzima bw’iteka muli paradizo dutegereje.Ntacyo bimaze kwishimisha akanya gato,hanyuma ukazabura ubuzima bw’iteka muli Paradizo kandi ntuzazuke ku Munsi w’Imperuka.Nukugira ibitekerezo bigufi cyane.