Print

Senderi yagerageje kubyina yambyino babyina bagwa kweguka biranga [AMAFOTO]

Yanditwe na: Muhire Jason 15 November 2018 Yasuwe: 2840

Taliki ya 10 Ugushyingo 2018 ,Mu Rwanda habaye igitaramo cyo gutangiza shampiyona ya Volley Ball aho iki gitaramo cyari cyatumiwemo abahanzi batandukanye barimo Riderman ,Charly na Nina,Miss Erica,Senderi ndetse n’abandi aho cyabereye muri Petite Stade I Remera.

Igitaramo gihumuje ubwo Senderi yaganiraga na Radio Isango Star yabajijwe niba koko yarazimye nkuko bamwe babivuga mu gisubizo Senderi yatanze yasabye abafana be kuba aribo bagisubiza maze nabo bungamo ko atigeze azima.

Igitaramo cyagaragayemo udushya twinshi ikiganiro kirangiye Senderi yasabye abafana be ko babara inshuro 3 bose bakagwa gusa byarangije Senderi kubyuka byanze abafana be baramuhagurutse ibi bihita bihuzwa nuko muriyi minsi haharawe indirimbo ibyinywa mu buryo bwo kwitura hasi ko nawe yaba ariyo yashatse kwigana kuko ubusanzwe atajya akora ibi bintu.

Senderi ni umwe mu bahanzi nyarwanda bagira udushya twihariye aho mu dusya yagiye akora turimo kugaburira abafana be ibihaa mu gitaramo cye ,kujya mu btaramo yambaye imipira y’abagaore ndetse n’ibindi bitandukanye bisetsa abantu.


Comments

NYAGAHIMA 15 November 2018

NTIMUGAHIMBE.KEREKA UTARAREBYE ZI MATCH NIWE WABYEMERA.
NARIMPARI ARIKO YABYIANAGA BISANZWE ASHIMISHA ABAFANA NABAKINNYI MBEGA PUBLIC.KEREKA NIBA YARAKUBYINIYE ABANDI BATASHYE