Print

Umugore w’ umukire yavuze icyamuteye gushyingiranwa n’ abirabura 2 bava indi imwe

Yanditwe na: Nsanzimana Ernest 18 November 2018 Yasuwe: 7884

Muri iki gihugu amategeko yemerera umugore gushyingiranwa n’ abasore barenze umwe. Aba basore bari bamaze ibyumweru bibiri bamutembereza mu gihugu mbere y’ uko afata icyemezo cyo kubagira abagabo be.

Uyu mugore w’ umunyemari yabwiye Ikinyamakuru Afrique24 ko muri kamere ye akunda abanyafurika, ngo ni abana beza iyo bari abarimo ahora anezerewe.

Yagize ati “Nkunda Abanyafurika, ni abana beza bambaye hafi ubwo nari mu karuhuko muri iki gihugu, ikigeretse kuri ibyo ni abahanga mu buriri. Iyo ndi kumwe nabo mba nishimye ndabakunda bombi ndashaka ko ubuzima nsigaje ku isi tuzabumara”

Abanya Namibia baganiriye n’ itangazamakuru bavuze ko batekereza ko uyu mukirekazi yaba barahawe inzaratsi kuko ngo ntabwo byumvikana ukuntu umugore w’ umukire, wize yemeye kurongorwa n’ abasore b’ abanyacaro kandi b’ abakene.

Aba basore magingo aya baba mu Bufaransa kuko uyu mugore nyuma y’ amezi make yabajyanye bombi mu gihugu cye.


Comments

Ruhaya 19 November 2018

Uyu mugore ashobora kuba akunda ko bamwimya cyane.Ibaza gufata inkorokoro ebyiri zose z’abirabura.


agaciro peace 19 November 2018

"...ikigeretse kuri ibyo ni abahanga mu buriri". Byari kuntangaza iyo biba atari ibi wabakundiye. Uretse aba primitifs babiri icyarimwe ntawundi wahaza ingurube nk’iyi hahaaaa