Mu gihug cya Uganda haravugwa umugabo urya mu buryo butangaje aho ashobora kurya ibase y’imigati akarenzaho ibase ya biswi ndetse akanywa n’ibicupa 3 by’amazi ,uyu mugabo ngo sibyo gusa arya kuko ngo ashobora no kurya Capati zirenga 280 zishyushye aho bamwe mu bamubonye bemeje ko ashobora kuba arenze Temarigwe w’umunyarwanda.
Umuhanzi A Pass yatewe gapapu bamutwara umukunzi we witwa Flavia Tumusiime ukora kuri televiziyo ya NBS muri Uganda.
Reba amafoto atandukanye asigaye agaragaza imyambarire idasanzwe y’bamwe mu bakobwa.
Reba amafoto yaciye ibintu ku mbuga nkoranyambaga zitandukanye zirim Facebook na Instagram.
Umugabo afite agashya ko kunywa ijage y’amazi.