Umuhesha w’inkiko w’umwuga aramenyesha abantu bose babyifuza ko kuwa kane taliki ya 29/11/2018 saa cyenda z’amanywa (15h00) azagurisha mu cyamunara umutungo utimukanwa ugizwe n’inzu n’undi ugizwe n’isambu yose yanditse ku mazina ya NIYITEGEKA Fabien na NYIRANZAYINO JOSEPHINE. Iyi mitungo ikaba iherereye mu Karere ka Bugesera, Umurenge wa Mwogo, Akagali ka Rurenge ngo harangizwe urubanza Mwogo Sacco yatsinzemo Niyitegeka Fabien n’umugore we Nyiranzayino.
Ku bindi bisobanuro wareba kuri iri tangazo riri hasi: